Tags : #JenosideAgainstTutsi

Amb. Nduhungirehe yamaganye ifungurwa rya ba 'ruharwa' batarangije igihano

Kuri uyu wa mbere imiryango y’ibihugu bikorera mu Rwanda bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, igikorwa kibaye ku nshuro ya mbere, Olivier Nduhungirehe, Umunyamabanya wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yavuze ko igiteye inkenke ari ukuba Urwego rwashyizweho ngo rusimbure Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku Rwanda (TPIR), rufungura ba ruharwa bahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi. Nduhungirehe yavuze […]Irambuye

I Burasirazuba: Bibutse abari abakozi ba Perefegitura ya Kibungo na

Intara y’Iburasirazuba ku nshuro ya Karindwi ku wa kane yibutse Abakozi bakoreraga icyahoze ari Perefegitura ya Kibungo na za Sous Perefegitura zahujwe bikaba Intara, bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umuhango wo kwibuka nyirizina wabanjirijwe no gushyira indabo ku rwibutso ruriho amazina y’Abakozi 19 kugeza ubu bamaze kumenyekana bakoreraga Perefegitura Kibungo na za Sous/Perefegitura […]Irambuye

en_USEnglish