Tags : Jean Marie Vianney Ndushabandi

Itariki ntarengwa yo gushyira mu modoka utwuma two kutarenza 60Km/h

Police y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano mu muhanda iravuga ko abatwara abantu muri rusange bakwiye kwihutira gushyira mu modoka zitwara abantu utwuma turinda kurenza umuvuduko (speed governors) wagenwe igihe ntarengwa kitaragera kugira ngo birinde guhura n’ibihano. Supt. Jean Marie Vianney Ndushabandi umuvugizi wa Police ishami ryo mu muhanda yatangaje ko hari abatwara abantu bamaze kubahiriza […]Irambuye

Kigali: Kuri ‘Payage’ hari abatwara imodoka bavuga ko Police ibarenganya

Uva rwagati mu mujyi wa Kigali werekeza nka Kimihurura uciye mu muhanda mugari mu masangano y’umuhanda ukomeza mu Kanogo n’ukata ujya Kimihurura ahitwa Sopetrad hakunze kuba hari abapolisi, abatwara imodoka bamwe bavuga ko aba bapolisi babandikira ibyaha bitandukanye babarenganyije ngo bagendeye ku byo babwiwe ku itumanaho n’abo ruguru ukiva kuri Payage. Bakavuga ko bidakwiye guhana icyaha […]Irambuye

en_USEnglish