Tags : Jean Felix Rudakemwa

Avoka wa Mugesera yacurishije ‘Repos Medical’ ngo atinze urubanza

*Kuwa 06 Nzeri; Me Rudakemwa na muganga wamuhaye repos Medical bahuriye mu kabari *Bucyeye bwaho ngo ni bwo Repos Medical yacuzwe bisabwe na Me *Umuganga ngo ntiyari azi ko uwo yandikiye Repos medical ari Avoka *Urukiko rwanzuye ko byakozwe hagamijwe gutinza urubanza. Bikubiye mu cyemezo cyasomwe kuri uyu wa 10 Nzeri,  Urukiko Rukuru rwasomeye Ubushinjacyaha […]Irambuye

Mugesera ejo yituye hasi muri Gereza, byatumye uyu munsi yanga

*Yanze kugira icyo avuga ku bamushinja *Ejo ngo yituye hasi akomereka ku mutwe *Habaye impaka z’igihe kwa muganga basabye Mugesera kugarukira Mu rubanza Dr. Leon Mugesera akurikiranyweho kugira uruhare mu byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, kuri uyu wa 18 Werurwe 2015 yagombaga kugira icyo avuga ku bantu babiri bamutanzeho ubuhamya. Yanze […]Irambuye

en_USEnglish