Tags : Inteko y’ururimi n’umuco

Ikinyarwanda cyacika bigeze aho uwo mu Majyepfo akenera umusemuzi ngo

Ururimi rw’Ikinyarwa ni inkingi y’umuco nyarwanda ihuza Abanyarwanda bose, ariko hari ababona ko hari ikibazo cyo kwangirika k’ururimi ku buryo bikomeje uko bimeze rwagera aho rugacika, rugata umwimerere warwo hagasigara uruvange rw’indimi, kimwe mu bibazo byaba bikomeye kuko icyahuzaga Abanyarwanda bose cyaba cyavuyeho. Bamwe mu Banyarwanda baganiriye n’Umuseke bavuga ko Ikinyarwanda gifite ikibazo cyo kwangirika, […]Irambuye

Ikinyarwanda ntikigomba kuvangwa n’izindi ndimi – Niyomugabo

Ibi byavuzwe na Dr Cyprien Niyomugabo ukuriye inteko y’ururimi n’umuco mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere  taliki ya 11 Werurwe. Iki kiganiro cyari kigamije gusobanura imyiteguro y’umunsi mpuzamahanga wahariwe indimi gakondo. Mu gutegura uyu munsi, inteko y’ururimi n’umuco mu Rwanda ifatanyije n’abashinzwe kubungabunga ururimi kavukire mu bihugu bihana imbibi n’u Rwanda bateguye ibikorwa bitandukanye […]Irambuye

en_USEnglish