Tags : Inka

Ngoma: I Remera hadutse abajura babagira inka aho bazibye

Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma, haravugwa ubujura bw’inka buvanze n’ubugizi bwa nabi aho baza bagakura inka mu kiraro barangiza bakayicira aho ngaho bayitemaguyemo ibice bitandukanye. Abahatuye bavuga ko bibahangayikishije kuko ngo iyo aba bajura bafashwe badahanwa ahubwo bagezwa kuri Polisi bugacya barekuwe. Ubuyobozi bw’umurenge wa Remera burahumuriza abaturage buvuga ko nta gikuba cyacitse […]Irambuye

Nubwo ari itungo, inka ntikwiye gutwarwa nabi bene aka kageni….

Abitegereza ibintu n’ibindi hari abababazwa cyane no kubona inka (akenshi) zipakiwe mu modoka mu buryo buteye agahinda. Zimwe zikava za Kibungo na Nyagatare umutwe uhambiriye ku modoka ziraramye, izindi zihagaze ku maguru atatu gusa, n’ubundi buryo butandukanye bubangamiye ikiremwa muntu…Ufashwe azitwaye atya ngo acibwa amafaranga ibihumbi 10 gusa. Umwe mu bashoferi wari utwaye inka mu […]Irambuye

en_USEnglish