Tags : INILAK

Intagamburuzwa mu mihigo za INILAK ziyemeje gufasha igihugu mu iterambere

Kuri uyu wa kane muri kaminuza yigenga y’Abadivantiste INILAK habaye igikorwa cyo gutangiza urugerero ku ntore z’Intagamburuzwa mu mihigo za INILAK. Intumwa ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu yasabye izo ntore gushyira mu bikorwa ibyo zahize birimo kumanuka bakajya gusobanurira abaturage amategeko. Rugamba Egide umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri MINALOC yavuze ko intore zo ku rugerero ziba zitezweho gutanga […]Irambuye

Umwaka wa 2013 ibiza byangije imitungo ya Miliyari 50 –

Mu nama mpuzamahanga nyungurana bitekerezo yateguwe n’Ishuri rikuru ry’Abalayiki b’Abadivantisiti rya Kigali (INILAK) kuri uyu wa kabiri tariki 29 Nyakanga, Minisiteri ishinzwe impunzi no kurwanya Ibiza (MIDIMAR) yasabye uruhare rwa buri munyarwanda mu kurwanya ibiza kuko bikabije kwangiriza Abanyarwanda, mu mwaka ushize wa 2013 wonyine ngo ibiza byangije imitungo ifite agaciro ka Miliyari zisaga 50. […]Irambuye

en_USEnglish