Iki ni igitekerezo cyamaze kwigirwa umushinga n’intiti muri science zo mu bihugu byinshi byo kw’Isi byibumbiye mu kigo cyashinzwe n’umuherwe w’Umurusiya Igor Ashurbeyli kitwa Aerospace International Research Center. Mu bantu bagera kuri Miliyoni basabye kuzajya kuba muri uriya mudugudu wiswe Asgardia harimo Abanyarwanda 37 nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Asgardia. Kugeza ubu abantu bo mu […]Irambuye
Tags : Ikirere
Perezida Donald Trump kuri uyu wa Kabiri arasinya itegeko rihindura ibintu byinshi mubirigize. Iri tegeko ryasinywe na Obama ryategekaga ko inganda zo muri USA zigabanya ubwinshi bw’ibyuka zohereza mu kirere bigatuma kirushaho gushyuha. Trump ararihindura asinye iryorohereza inganda. Trump ngo ararisinyira mu kigo kitwa the Environmental Protection Agenc. CNN ivuga ko umuvugizi wa Trump yavuze ko guhindura […]Irambuye