Tags : Igituntu

Ngoma: gupima igituntu mu mashuri yisumbuye ngo si uko ari

Mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda hari igikorwa cyo gupima igituntu ku bana biga mu mashuri yisumbuye banakangurirwa kukirinda, iyi gahunda imaze icyumweru igamije gusobanura indwara y’igituntu ku banyeshuri, abayitangije bavuga ko atari uko cyabaye icyorezo ahubwo ari ukongera abantu ubumenyi kuri iyi ndwara. Ibi birigukorwa n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko n’abafatanyabikorwa bayo aho barimo […]Irambuye

1/3 cy’abarwaye igituntu mu Rwanda bari i Kigali

Byatangajwe na Dr Mazarati Jean Baptiste kuri uyu wa 24 Werurwe 2015 wari intumwa ya Minisiteri y’Ubuzima mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igitungu i Nyabihu. Uyu muganga avuga ko impamvu abarwayi b’igituntu bagaragara cyane i Kigali ari ukubera ubucucike no kwegerana cyane kw’abantu ari nabyo byongera kwanduzanya. Aho uyu munsi wizihirijwe ku kibuga cya […]Irambuye

en_USEnglish