Tags : Idriss Deby

Dukorere hamwe duhe Africa ahazaza dushaka – Perezida Kagame i

Mu nama ku mavugurura y’imikorere y’umuryango w’ubumwe bwa Africa kuri uyu wa mbere i Conakry, Perezida Kagame yabwiye abo bayihuriyemo ko nta muntu muri Africa wungukiye mu kudafatanya kw’abanyafrica mu bihe bishize, ubu guhuriza hamwe ngo nibyo gusa byafasha Africa kubaka ahazaza heza. Perezida Kagame yari mu nama batumiwemo na Perezida Alpha Conde wa Guinea ubu […]Irambuye

Chad: Idriss Deby aziyamamariza manda ya 5

Perezida wa Chad, Idriss Deby, uri ku butegetsi kuva mu 1990, yatangaje ko aziyamama mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri manda ya gatanu ateganyijwe mu kwezi kwa Mata 2016. Deby yatangaje ko yifuza gusubizaho umubare wa manda nta rengwa Perezida atagomba kurenza igihe azaba yongeye gutorwa nk’uko bitangazwa na Reuters. Idriss Deby yafashe ubutegetsi muri Coup […]Irambuye

en_USEnglish