Tags : Hitayezu Emmanuel

Mu myaka ibiri ishize abantu basaga 100 bazize kurohama mu

Polisi y’u Rwanda  irasaba  ababyeyi n’abandi bashinzwe kurera abana kubahozaho ijisho kugira ngo ubuzima bwabo budakomeza gutwarwa n’impanuka zitandukanye zirimo izo kurohama mu mazi. Igipolisi cy’u Rwanda kivuga ko mu myaka ibiri ishize abantu basaga 100 bitabye Imana bazize kurohama mu mazi. Mu bihe by’imvura ngo abantu bagiye basiga ubuzima muri izi mpanuka zo kurohama […]Irambuye

en_USEnglish