Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), kuri uyu wa 11 Ukwakira, bakiriye ikigo cy’Igihugu cy’Ubwikorezi, RTDA, babaza iki kigo impamvu bakomeza gukora amakosa kandi abakozi bayo bahora mu mahugurwa agamije guhangana n’aya makosa. Muri Raporo y’Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA cyakunze kugaragarwaho amakosa ndetse kigatumizwa […]Irambuye
Tags : Guy Kalisa
u Rwanda na Uganda byaraye bisinye amasezerano yo gutangira gukora inyigo y’umuhanda wa gari ya moshi uhuza Kigali (uciye Kagitumba) na Kampala (uciye ahitwa Bihanga). Aya masezerano yasinywe kuri uyu wa 23 Kamena akurikiye ubwumvikane bw’ibihugu byo mu muhora wa ruguru muri aka karere bya Kenya, Uganda n’u Rwanda byemeranyijwe ubufatanye mu mishinga yo kwihuta mu […]Irambuye