Tags : Groove Awards

Min. Uwacu Julienne yakiriye neza Hip-hop mu ndirimbo zihimbaza

Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne ari mu bitabiriye ibirori byo guhemba abatsinze mu irushanwa rya Groove Awards, akaba yanatanze igihembo mu cyiciro cy’uwatsinze mu njyana ya Hip-hop (Best gospel Hip-hop song of the year), ngo yatangajwe no kuba mu ndirimbo ziramya n’izisingiza Imana naho baririmba Hip- hop. Minisitiri Uwacu Julienne yashimiye abaririmbyi baririmba indirimbo […]Irambuye

Groove Awards 2016: Ngo hagaragaye impano zitunguranye… Gutora byatangiye

Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, hatangajwe abahanzi baririmba indirimbo zo guhimbaza no kuramya Imana (Gospel) bagomba guhatanira ibihembo bizwi nka ‘Groove Awards’ bya 2016. Abashinzwe gutoranya aba bahanzi bavuze ko ubwo batoranyaga aba bahanzi, hagaragaye abahanzi badasanzwe bazwi ariko bafite impano zitangaje. Uyu muhango witabiriwe n’abahanzi benshi baririmba indirimbo zihimbaza n’iziramya Imana, amakorari n’abayobozi […]Irambuye

en_USEnglish