Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) buratangaza ko bwashyize mu kiruhuko abasirikare 817 barimo Aba-Ofisiye na ba Suzofisiye 369 n’abandi 378 barangije amasezerano y’akazi bari bafitanye na RDF, naho abandi 70 bakuwe muri RDF kubera impamvu z’uburwayi. Mu bahawe ikiruhuko harimo Lt Gen Karenzi Karake, Maj Gen Jack Nziza na Brig Gen Gashayija Bagirigomwa. Itangazo riri ku […]Irambuye