Tags : GDP

Imyenda y’u Rwanda igeze kuri 45% bya GDP, Min. Gatete

*IMF yagaragaje ko imyenda u Rwanda rufite iri kwiyongera cyane, *IMF iti “turakomeza gucungira hafi” *U Rwanda ruti “Nta mpungenge” Nyuma y’icyumweru itsinda ry’Ikigega mpuzamahanga cy’ubukungu “International Monetary Fund/IMF” riri mu Rwanda kugenzura uko ubukungu bw’u Rwanda bwifashe, raporo yaryo yagaragaje ko buhagaze neza, ndetse inatanga inama z’ibikwiye kwitonderwa. Iyi Raporo yagaragaje ko imyenda y’u […]Irambuye

Q3: GDP y’u Rwanda yazamutseho 5.2%, ubukungu buri kuzamuka kuri

Raporo nshya, Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyashyize hanze kuri kuri uyu wa gatatu, iragaragaza ko umusaruro mbumbe (GDP) w’u Rwanda  wazamutseho 5.2%. Inzego zose z’ubukungu bw’igihugu zarazamutse. Imibare y’igihembwe cya gatatu cy’umwaka wa 2016, iragaragaza ko umusaruro mbumbe w’igihugu muri icyo gihembwe wazamutse, ukigereranyije n’igihembwe cya gatatu cy’umwaka wa 2015, n’igihembwe cya kabiri cya 2016. Umusaruro […]Irambuye

en_USEnglish