Tags : Gaspard Byukusenge

Mu mupira, Mayor wa Rutsiro yateye ‘Garrincha’ avunika akaboko

Byukusenge Gaspard umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro Iburengerazuba ku cyumweru yagiye kuvurirwa mu bitaro bya Murunda nyuma yo kuvunika akaboko ubwo yariho akina umupira kuri stade Mukebera yo mu Rutsiro. Byukusenge yabwiye Umuseke ko koko yaguye mu kibuga igufa ryo mu rutugu rikava mu mwanya waryo akajyanwa kwa muganga ariko ubu barisubije mu mwanya waryo akaba ari koroherwa. Mayor Byukusenge […]Irambuye

Rutsiro: Min. Kaboneka yanenze cyane abayobozi batumvikana

22 Nzeri 2014 – Ingaruka mbi z’ubwumvikane bucye hagati y’abayobozi mbere na mbere ngo zigira ingaruka mbi ku baturage. Minisitiri Francis Kaboneka mu muhango wo gutangiza ukwezi kw’imiyoborere ku rwego rw’igihugu, yabwiye abayobozi ko akarere katatera imbere mu gihe  abayobozi bafite ubwumvikane buke. Muri uyu muhango Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko abaturage babona inyungu n’akamaro  […]Irambuye

Rutsiro: Abanyeshuli 10 bakubiswe n’inkuba

Iburengerazuba – Mu Akarere ka Rutsiro mu murenge wa Mushonyi, akagari ka Rurara kuri uyu wa mbere  tariki 01 Nzeri inkuba yakubise abana 10 bo mu kigo cya Ecole Primaire Umucyo babiri muribo bahita bitaba Imana, abandi  umunani barahungabana. Gaspard Byukusenge umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, yabwiye Umuseke ko iki kibazo cyabaye ahagana saa kumi z’umugoroba wo kuri […]Irambuye

en_USEnglish