Tags : Gahanga

Abaturage banenze mu ruhame serivise mbi bahabwa n’Ikigo Nderabuzima cya

*Umuyobozi w’iki kigo nderabuzima ngo yanditse kenshi agaragaza ko bafite abakozi bake, *Yabwiye Umuseke ko ikigo nderabuzima ayobora gifite abaforomo 16 gusa, gikeneye abandi 5, *Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ngo bugiye kwita kuri iki kibazo by’umwihariko. Mu nama yo gutangiza icyumweru cy’Abajyanama, umwe mu baturage yagaraje ko ikigo nderabuzima cya Gahanga kibaha serivise mbi, yunganirwa […]Irambuye

U Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame ntabwo ari urw’akajagari –

Mu gutangiza icyumweru cy’Abajyanama ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yavuze ko abaturage n’abayobozi bagomba gufatanya kubaka igihugu no kugera ku iterambere. Asubiza umuturage wavuze ko yangiwe kubaka, Kaboneka yavuze ko hari ubwo bikorwa ku bwo gutegera ejo hazaza, kuko ‘U Rwanda ruyobowe na Perezida Paul Kagame atari urw’akajagari’. Ni mu kagari ka […]Irambuye

en_USEnglish