Tags : FESPAD

Abo mu Misiri bavanye mu Iserukiramuco na FESPAD isura nshya

Mu gusoza Iserukiramuco ku mbyino gakondo zijyanye n’umuco wa Africa, abo mu Misiri bavuze ko kuza mu Rwanda byabafashije kumenya ko hari ahandi hateye imbere bibakuramo isura mbi bari bafite kuri Africa. Iri Serukiramuco ryagiye rihuzwa n’umuganuro ryasorejwe i Nyanza mu birori byasojwe n’igitaromo cy’inkera ‘Nyanza Twataramye’. Mohsin Sulaiman umwe mu bagize itorero ryavuye mu […]Irambuye

I Kayonza nubwo havugwaga inzara ntibyabujije Umuganura na FESPAD kuhabera

Ku munsi wa gatatu iserukiramuco nyafurika mu mbyino z’umuco wa Kinyafurika yabereye mu karere ka Kayonza, binajyanirana n’umuganura, aho Minisitiri w’Umuco Nasiporo, Uwacu Julienne yavuze ko kuba bamwe baravugaga ko umuganura utazashoboka i Kayonza ariko ukaba wabaye ari ikimenyetso koIntara y’Uburasirazuba ifite ubuzima. Akarere ka Kayonza ni kamwe mu turere twugarijwe n’amapfa mu minsi ishize […]Irambuye

en_USEnglish