Tags : Facebook

USA: Obama, Zuckerberg, n’umunyarwanda batanze ikiganiro ku kwihangira umurimo

Mu ihuriro mpuzamahanga ryitwa “Global Entrepreneurship Summit” ryatangiye kuri uyu wa gatanu, Umunyarwanda witwa Nzeyimana Jean Bosco, Umuyobozi wa Facebook Mark Zuckerberg na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama batanze ikiganiro ku kwihangira umurimo. Ihuriro “Global Entrepreneurship Summit” ry’uyu mwaka wa 2016, ryahurije abikorera ibihumbi n’ibihumbi muri Kaminuza ya Stanford University, iherereye […]Irambuye

Muri Transform Africa 2015 hazatangizwa Facebook y’Ikinyarwanda

Mu nama mpuzamahanga y’iminsi itatu ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ hazashyirwa ku mugaragaro ‘Facebook’ iri mu rurimi rw’Ikinyarwanda, bizorohereza abantu bakoresha ururimi rw’Ikinyarwanda ariko batazi indimi z’amahanga nk’igifaransa cyangwa icyongereza ubundi byakoreshwaga. Gutangiza Facebook y’Ikinyarwanda bizakorwa kuwa mbere tariki 19 Ukwakira 2015, ari nawo munsi wa mbere wa ‘Transform Africa’. By’umwihariko, iyi nama mpuzamahanga […]Irambuye

en_USEnglish