Tags : Eugene Muzuka

IMIHIGO: Huye yaje imbere, Gakenke inyuma, Gatsibo yongera kwibazwaho

Mu kumurika imihigo ya 2014-2015 no guhiga imihigo mishya y’uturere imbere ya Perezida wa Republika, Akarere ka Huye niko kaje imbere y’utundi kageze ku mihigo ishize ku kigero cya 83%. Uturere twaje inyuma ni Karongi na Gakenke, gusa Perezida Kagame yongera guhwitura uturere tw’Iburengerazuba ndetse anibaza kuri Gatsibo yongeye kuza mu turere dutandatu twa nyuma. […]Irambuye

Perezida Kagame yasuye Gare nshya ya Huye

Nyuma yo kuganira n’abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Rwanda n’izindi Kaminuza ziri muri uyu mujyi kuri iki cyumweru Perezida Kagame yasuye Gare nshya ya Huye, ku maso yagaragaje ko yishimiye iki gikorwa remezo gishya cyuzuye mu mujyi wa Huye munsi y’umuhanda mugari werekeza i Nyamagabe na Rusizi. Iyi gare nshya ya Huye yuzuye itwaye miliyari […]Irambuye

Gare ya mbere igezweho mu Rwanda igiye kuzura i Huye

Umujyi wa Huye kuva wabaho ntabwo wigeze ugira gare y’imodoka, kera imodoka zategerwaga ku mbuga yari iruhande rwa Stade Huye, kugeza ubu nta gare iba muri uyu mujyi, ariko mu mwaka wa 2015 uyu mujyi niwo wa mbere mu Rwanda uzaba ufite gare igezweho. Imirimo yo kubaka iyi gare yatangiye mu kwezi kwa gatanu umwaka […]Irambuye

en_USEnglish