Tags : Emmanuel Kayigi

Kayonza: Imbogo yishe umuhungu w’imyaka 17 wariho ayihiga

Kuri uyu wa 10 Ukwakira, umuhungu w’imyaka 17 witwa Uwihanganye Jean de Dieu wo mu kagari ka Buhabwa, mu murenge  wa Murundi yishwe n’imwe mu mbogo zatorotse pariki y’Akagera mu karere ka Kayonza. Police ivuga ko uyu nyakwigendera yari ari mu bariho bahiga iyi nyamaswa yamwivuganye. Umuvugizi wa Police mu ntara y’Uburasirazuba, IP Emmanuel Kayigi […]Irambuye

Kayonza: Bugarijwe n’abajura bamena amazu

Bamwe mubatuye mubice bitandukanye by’akarere ka Kayonza Iburasirazuba bavuga ko babangamiwe cyane n’abajura bitwikira ijoro bagatoborera amazu bakiba ibikoresho biri munzu. Polisi muri iyi Ntara yo iravuga ko iri maso kandi izakomeza gufata aba bajura, ndetse yerekanye abo yafashe muri week end ishize. Abaturage bo mu mirenge imwe n’imwe i Kayonza baravuga ko nubwo ubu […]Irambuye

en_USEnglish