Tags : EDCL

Amashanyarazi ahenze mu myumvire ntahenze mu mafaranga- EDCL

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Werurwe kompanyi umunani zicuruza ibikoresho na serivisi z’ingufu z’amashanyarazi zagiranye amasezerano n’Ikigo gishinzwe ingufu (EDCL) y’ubufatanye mu gutuma Abanyarwanda bose bagerwaho n’amashanyarazi. Umuyobozi w’iki kigo Emmanuel Kamanzi avuga ko igiciro cy’amashanyarazi kidahenze nk’uko bikunze kuvugwa na bamwe mu baturage ahubwo ko imyumvire ya bamwe ari yo ituma bumva […]Irambuye

EDCL yemereye PAC ko igiciro cy’amashanyarazi gishobora kuzagabanuka muri 2017

Mu biganiro byo gusobanura amwe mu makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi w’Imari ya Leta mu micungire y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amashanyarazi (REG), n’icy’igishinzwe amazi (WASAC), Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi (EDCL) yavuze ko hagendewe ku bimaze kugerwaho hari icyizere ko mu mwaka utaha amashanyarazi ashobora kuzagabanukaho nka 20% ku giciro. Abadepite barebaga aho REG igeze yishyuza amafaranga […]Irambuye

en_USEnglish