Tags : Dr Dlamini Zuma

Afurika yunze ubumwe ntabwo yatereranye Libya – Dr Dlamini Zuma

Kuva mu mwaka wa 2011 muri Libya hatangira intambara yakuyeho uwari Perezida Muammar Gaddafi, Abanyalibya bafata umuryango wa Afurika yunze Ubumwe nk’uwabatereranye nk’uko byatangajwe n’umwe mu Banyalibiya bari mu Nama ya Afurika yunze Ubumwe. Dr Nkosazana C. Dlamini Zuma uyobora Umuryango wa Afurika yunze ubumwe avuga ko iriya mitekerereze isangiwe n’Abanyalibya benshi, gusa ngo sibyo […]Irambuye

en_USEnglish