Tags : Davis Kasilye

Rayon na APR ziracyageretse ku gikombe, zombi zimaze gutsinda

Kuri aya makipe ahora ahanganye kandi afite abafana benshi ubu buri imwe itegereje ko indi ikora ikosa ryo gutsindwa mbere y’uko zihura (tariki 03/05/2016). Ku mikino zari zifite uyu munsi ntayakoze ikosa. Mu mukino,  ukomeye uyu munsi Rayon Sports yari yahuye na Mukura kuri Stade Huye ibatsinda kimwe ku busa, ni nako APR FC yabigenje […]Irambuye

Irushanwa ry’Agaciro muri 1/4: Rayon Sports vs Mukura. APR vs

Mu mukino wayo wa mbere mu rishanwa ry’Agaciro Developent Fund ry’uyu mwaka kuri uyu wa mbere ikipe ya Rayon Sports yihagazeho itsinda Amagaju iyasanze i Nyagisenyi 2 – 0. APR nayo yitwaye neza bitayoroheye imbere ya Bugesera. Muri 1/4 Rayon izacakirana na Mukura naho APR FC ihure na Police FC. Rayon Sports ibitego byayo byatsinzwe […]Irambuye

en_USEnglish