Tags : Cyanzayire

Mu Rwanda bamwe babaye ‘Abashumba’ b’imitungo itari iyabo – Umuvunyi

*Cash less economy (kutagira amafaranga mu mufuka) byaca ruswa, *Amategeko aracyajenjekera abahombya Leta mu mishanga mfabusa, *Abantu biyambura imitungo bakayitirira abandi bayobya uburari. *Ngo hari dosiye abazikurukirana basabwa kuzireka n’ “inzego zo hejuru” kandi hari ibimenyetso! Mu biganiro bikomeje kubera mu Nteko Nshingamategeko bijyanye no kurwanya ruswa, mu kiganiro cya kabiri cyatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Ubugenzuzi […]Irambuye

Urwego rw’Umuvunyi ruraburira Abaturage kwitondera ababizeza ibitangaza

Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Umuvunyi; kuri uyu wa 14 Nyakanga uru rwego rurakangurira abaturage kudaha agaciro abantu babasaba amafaranga babizeza kuzabakemurira ibibazo kuko akenshi baba ari “Abatekamutwe”. Muri iri tangazo; urwego rw’Umuvunyi rugaragaza ko mu karere ka Rubavu hari umuturage wiyitiriye ko ari Umucamanza akifashisha telefoni yaka abandi baturage amafaranga abizeza kuzabafasha […]Irambuye

en_USEnglish