Mu myaka itanu cyangwa 10 ngo hari icyizere cyo kuba umuntu azajya yifashisha ikoranabuhanga mu gukoresha ibintu byose ku buryo ashobora kuvurirwa iwe mu rugo cyangwa akohereza imodoka mu rugo kuzana imfunguzo mu gihe yazibagiwe. Ibi byavugiwe mu nama iteraniye i Kigali y’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuri uyu wa mbere tariki 25 Gicurasi […]Irambuye
Tags : CST
Mu kiganiro n’abanyamakuru kigamije gusobanura itegeko rishya ryemejwe n’Inama y’Abaminisitiri ku itariki 14 Mata 2015 rijyanye n’uburyo bushya bwo gutanga inguzanyo ku banyeshuri biga muri Kamunuza n’amashuri makuru ya Leta, Minisitiri w’Uburezi yavuze ko ubu buryo buzongera umubare w’abiga Kamunuza, kandi ngo ‘bourse’ izajya izira igihe. Uburyo bushya bwo gutanga bourse ku banyeshuri biga muri […]Irambuye