Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, mu murwa mukuru w’Ubwongereza London, Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare ‘Team Rwanda’, yahuriye mu isiganwa n’icyamamare mu mukino w’amagare ku Isi Chriss Froome. Bafashe ifoto, hanyuma abagira inama yo kutazacika intege kuko azi akarere bakomokamo kandi ko bashobora kugera kuri byinshi nk’ibyo yagezeho. Iri siganwa ry’umunsi umwe rizwi nka […]Irambuye