Tags : CEPGL

Rusizi: Abagore 60 bo muri CEPGL barakataje nyuma yo gukurwa

Abagore 60 bagize itsinda ry’abacuruzi bambukiranya imipaka mu bihugu by’ibiyaga bigari (COSOPAX /RGL) igizwe n’ibihugu by’u Rwanda, Burundi na Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo,  bemera ko hari aho ibihugu byabo bigeze mu mikoranire haba mu bucuruzi ndetse n’amahoro ugeraranyije n’imyaka yashize. Bamwe mu bagore baganiriye n’Umuseke batangaza ko hari aho bavuye habi mu mirimo bakoraga […]Irambuye

CEPGL mu kuvugurura urujya n’uruza hagati y’u Burundi, Rwanda na

Ibihugu by’U Burundi, U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) birifuza kuvugurura urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu mu bihugu bigize uyu muryango wa CEPGL (Communauté des Pays des Grandas Lacs). Ibi bihugu bitatu biri mu mpaka kuri iki kibazo mu nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa gatatu ikaza gusozwa kuri uyu wa kane […]Irambuye

en_USEnglish