Tags : CEEAC

Min Mushikiwabo avuga ko ubufatanye bw’Abanyafurika ntacyo butabagezaho

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo  yaraye abivugiye mu muhango wo gufungura ku mugaragaro ambasade y’u Rwanda muri Congo-Brazzaville aho yavuze ko iki gikorwa kigezweho kubera ubufatanye bukomeje kuranga ibihugu byombi by’umwihariko abakuru b’ibi bihugu. Mu mwaka wa 2011, Leta y’u Rwanda n’iya Congo Brazzaville zashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’imikoranire mu bwikorezi bwo […]Irambuye

en_USEnglish