Tags : Bishop Rucyahana

Aho kumpa byinshi ntabwigenge narya dukeya twanjye nigenga – Bishop

Mu kwizihiza umusi wahariwe ubwigenge bwa Africa wabaye ku wa kane, Bishop Musenyeri John RUCYAHANA wari uyoboye igikorwa cyo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania, n’abavanywe mu nkengero z’ishyamba rya Gishwati, yasabye abatuye Africa guharanira ko bigira ngo kuko igihe cyose bazaba badafite ubukungu bukomeye bazakomeza gusaba Abazungu. Musenyeri John RUCYAHANA yagarutse ku byagakwiye kuranga Abanyafurika […]Irambuye

Bishop Rucyahana asanga ifatwa rya Gen Karake ari agasuzuguro ku

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge cyari kigamije gukomeza guhumuriza Abanyarwanda ngo ntibaterwe ubwoba n’ibyo amahanga akomeje kugenda akorera u Rwanda, Bishop Rucyahana John, Perezida w’iyi komisiyo yavuze ko gufata Gen Karenzi Karare ari ugasuzuguro no gushesha agaciro Abanyarwanda. Rucyahana yavuze ko komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) ifite mu nshingano kwamagana akarengane n’ibitesha agciro Abanyarwanda, […]Irambuye

en_USEnglish