Tags : Bishop Jon Rucyahana

Ingengabitekerezo ya Jenoside ni kimwe mu biyobyabwenge bikarishye- Rucyahana

Bishop John Rucyahana uyobora Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge avuga ko ingengabitekerezo ya Jenoside ari nk’ikiyobyabwenge gifite ubukana kuko uwasabitswe na yo adashobora kwiteza imbere ahubwo ko ahora arangwa n’ibikorwa byo gusenya ibyiza. Bishop Rucyahana asaba Abanyarwanda bakunda igihugu guhaguruka bakarwanya ababaye imbata y’ingengabitekerezo ya Jenoside kuko umugambi wabo ari ugusenya ibimaze kugerwaho. Rucyahana ugereranya ingengabitekerezo ya […]Irambuye

Ikigero cy’ubumwe n’ubwiyunge na Bishop Rucyahana

Umuyobozi wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge Bishop John Rucyahana avuga ko igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda kibonekera mu bikorwa ariko akavuga ko u Rwanda rutagomba kwirara kuko inzira ikire ndende. Mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru w’Umuseke Bishop Rucyahana avuga ko ubumwe n’ubwiyunge buri ku rwego rushimishije ugereranyije aho u Rwanda rwavuye. Rucyahana avuga ko mu myaka […]Irambuye

en_USEnglish