Tags : Biryogo

Nyamirambo: Urubyiruko rubyuka rwicaye ku mihanda ruriyongera….

Mu kumurika imihigo y’Urubyiruko (2014/2015) mu cyumweru gishize Minisitiri warwo Jean Philbert Nsengimana yavuze ko “amafaranga atazabura ahantu hari igitekerezo kiza”. Umuseke wegereye bamwe mu rubyiruko rukunze kubyuka rwicaye ku muhanda mu Biryogo i Nyamirambo ya Kigali, bavuga ko ibitekerezo byiza babifite ariko ayo mafaranga batayabona kandi agashomeri kabamereye nabi. Uru rubyiruko rwiganjemo uruvuga ko […]Irambuye

Nyabugogo: abacuruzi ntibumva impamvu bimuwe huti huti

Isoko rya Nyabugogo ryatangiye gukora mu 1977, abaricururizagamo bemera ko ryari rishaje ndetse irishya rigezweho rikwiye, mu kubaka irishya rizatwara agera kuri miliyari 32 byabaye ngombwa ko abacuruzi baririmo ubu bose bimurwa. Gusa uburyo biri gukorwa n’aho bari kujyanwa aba bacuruzi barabyinubira. Abacuruzi muri iri soko kimwe n’abayobozi babo baganiriye n’Umuseke batangaza ko itariki bari […]Irambuye

en_USEnglish