Tags : #AUSummit

Kagame yasabwe kuvugurura Komisiyo ya AU,…Turashimira Abanyakigali uko bitwaye–Mushikiwabo

Nyuma y’uko inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yari imaze iminsi umunani ibera mu Rwanda isojwe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo yashimiye abaturage b’Umujyi wa Kigali ku kwihangana, ubworoherane n’imyitwarire bagaragaje muri rusange byatumye inama igenda neza. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri, Minisitiri Louise Mushikiwabo yavuze ko inama yo kuri uru rwego itari […]Irambuye

Uko Abakuru b’ibihugu banzuye ku Iterabwoba, u Burundi, Sudani y’Epfo,Libya,…

AUSummit2016 – Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano, iterabwoba, ubutabera, n’ibindi binyuranye byugarije Afurika by’umwihariko ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, Nigeria, Mali, Libya, Somalia n’ibindi. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri […]Irambuye

en_USEnglish