Tags : Auditor General

Mu Rwanda bamwe babaye ‘Abashumba’ b’imitungo itari iyabo – Umuvunyi

*Cash less economy (kutagira amafaranga mu mufuka) byaca ruswa, *Amategeko aracyajenjekera abahombya Leta mu mishanga mfabusa, *Abantu biyambura imitungo bakayitirira abandi bayobya uburari. *Ngo hari dosiye abazikurukirana basabwa kuzireka n’ “inzego zo hejuru” kandi hari ibimenyetso! Mu biganiro bikomeje kubera mu Nteko Nshingamategeko bijyanye no kurwanya ruswa, mu kiganiro cya kabiri cyatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Ubugenzuzi […]Irambuye

Abafitiye Leta umwenda barasabwa kwishyura cyangwa bagakomanyirizwa

Mu kiganiro giheruka guhuza Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye n’abanyamakuru yavuze ko Leta yafashe ingamba zikomeye ku bantu batsinzwe imanza ariki bakaba batishyura amafaranga basabwa ndetse ngo mu minsi iri imbere barashyirwa mu kato. Iki kiganiro kibabaye hashize ibyumweru bibiri, Minisitiri Busingye yavuze ko mu rwego rwo kurangiza imanza Leta yatsinze, uwatsinzwe asabwa kwibwiriza agatanga amafaranga […]Irambuye

en_USEnglish