Tags : Anglican Church

Aho kumpa byinshi ntabwigenge narya dukeya twanjye nigenga – Bishop

Mu kwizihiza umusi wahariwe ubwigenge bwa Africa wabaye ku wa kane, Bishop Musenyeri John RUCYAHANA wari uyoboye igikorwa cyo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania, n’abavanywe mu nkengero z’ishyamba rya Gishwati, yasabye abatuye Africa guharanira ko bigira ngo kuko igihe cyose bazaba badafite ubukungu bukomeye bazakomeza gusaba Abazungu. Musenyeri John RUCYAHANA yagarutse ku byagakwiye kuranga Abanyafurika […]Irambuye

Abarwara Malaria bariyongera, abahitanwa na yo bo bakagabanuka

*Abayoboye amadini akomeye mu Rwanda batumiwe ngo bafashe MINISANTE kurwanya Malaria *Umubare w’abahitanywe na Malaria wavuye kuri 499 ugera kuri 424 muri 2015 *MINISANTE igiye gutangiza ubukangurambaga budasanzwe bwo kurwanya Malaria *Ntitwicwa na Malaria twicwa no gutinda kujya kwa muganga – Min Binagwaho Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima yagiranye n’Abanyamadini barebera hamwe ubufatanye mu guhangana no […]Irambuye

en_USEnglish