Tags : Angel Uwamahoro

Birakwiye ko duhinduka, twandike amateka mashya ya Africa – Kagame

Perezida Paul Kagame amaze kuvuga ijambo ry’ikaze ku bitabiriye inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe iteraniye i Kigali,  atangira yavuze ko UBUMWE ari igisobanuro cy’uko Abanyafrica bameze kunyuranye, ko Abanyafrica nibagira ubumwe ibintu byose bizahinduka hakabaho amateka mashya. Perezida Kagame yavuze ko ibisubizo by’ibibazo bya Africa bizaboneka ari uko habanje kubaho ubumwe bw’ibihugu […]Irambuye

Ni bato batari abana mu bisigo! Menya aba bakobwa b'abasizi

Abakurikiye imihango ya Rwanda Day yaba abari i Atlanta cyangwa ababikurikiye kuri Televiziyo na Internet bibuka ko mu byasusurukije uyu muhango harimo igisigo gitangaje cy’abakobwa batatu batuye u Rwanda. Ni igisigo cyarimo amagambo akomeye yo gukunda igihugu, ubumwe bw’abagituye, umuco wacyo n’icyerekezo cy’u Rwanda. Aba basizi ni bande? Umuvugo wabo witwa “A New Rwanda”, wahimbwe […]Irambuye

en_USEnglish