Tags : Andrzej Józwowicz

Papa Francis yashyizeho intumwa nshya imuhagararira mu Rwanda

Ku isaaha ya saa Sita y’i Roma, ikaba saa 13h00 zo mu Rwanda, kuri uyu wa Gatanadatu Papa Francis yashyizeho intumwa nshya yo kumuhararira mu Rwanda ari we Musenyeri Andrzej Józwowicz. Mu ibaruwa yashyizwe hanze n’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda igashyirwaho umukono na Perezida wayo, Musenyeri Philippe Rukanga akaba n’Umwepiscope wa Diyoseze ya Butare, yamenyeshesheje […]Irambuye

en_USEnglish