Tags : Amb. Micheal Ryan

Abadepite b’I Burayi bagiye kuza kwiga UBURINGANIRE mu Rwanda

Uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Amb. Micheal Ryan kuri uyu wa kabiri yatangaje ko mu minsi micye Abadepite bagize Komisiyo y’uburinganire ku mugabane w’Uburayi bazaza mu Rwanda kurebera ku nzura y’u Rwanda mu kuba ruyoboye ibindi bihugu by’isi mu kwimakaza uburinganire bw’abagore n’abagabo. Amb. Micheal Ryan avuga ko Abadepite umunani (8) bazaturuka i Bruxelles mu […]Irambuye

en_USEnglish