Tags : Amazi meza

Ruhango: Bibohoye amazi y’igishanga yabateraga indwara

Kuri uyu munsi u Rwanda rwizihije ku nshuro ya 23 imyaka ishize rwibohoye,  Abaturage bo mu Murenge wa Ntongwe mu kagari ka Nyarurama baruhutse kuvoma ibishanga, nyuma yo guhabwa amazi meza bagezeho binyuze mu bikorwa bya Army Week, bavuga ari intambwe ishimishije mu kwibohora. Abo mu kagari ka Nyarurama, mu murenge wa Ntongwe, bavuga bagorwaga no […]Irambuye

Mu myaka 6 hubatswe imiyoboro ya 2 167Km iha abaturage

Abwira Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi ibikorwa bya Geverinoma (2010 – 2017) bijyanye n’Amazi n’Isukura, Minisitiri w’Intebe yavuze ko kugeza ubu imbogamizi zigihari mu kwihaza ku mazi meza mu gihugu harimo ikibazo cy’ingengo y’imari idahagije, imiyoboro y’amazi ishaje, abaturage bagifite imyumvire iri hasi. Ibi bigatuma amazi aba macye, ahenda cyangwa akoreshwa nabi. Nko mu mujyi […]Irambuye

Ku Nkombo, Guest House siyo bari bakeneye kuko bakivoma amazi

Ku birwa bya Ishywa na Nkombo bigize Umurenge wa Nkombo abahatuye bafite ikibazo gikomeye cyo kutagira amazi meza. Bavoma amazi y’ikiyaga cya Kivu ndetse ugasanga nk’abana bo bahita banayanywa. Ubuyobozi burizeza ko iki kibazo kizakemuka vuba. Uyu murenge wa Nkombo ugizwe n’utugari dutanu turiho abaturage 17 994, Akagali ka Ishywa ko ni ikirwa kihariye, biteganyijwe […]Irambuye

en_USEnglish