Tags : Amasimbi n’amakombe

Rugamba Sipriyani, Umunyampuhwe wakundaga Bikira Mariya…abahanzi bakomeye bamwigiyeho

  *Abahanzi Ngarambe Francois Xavier, Mariya Yohana na Muyango ubuhanzi bwe ngo bwabigishije byinshi. *Umuhungu we Olivier Rugamba asanga kugira Se Umutagatifu, byakwera imbuto ku muryango nyarwanda Kicukiro – Kuri uyu wa mbere tariki 15 Kanama 2016 hibutswe ku nshuro ya 22  umurage wa Rugamba Sipiriyani n’umuryango we, ahanini ngo mu mibereho ye umunsi w’ijyanwa […]Irambuye

Inkingi 5 za muzika nyarwanda ya kera n’iya none

Ibintu byose ni uruhererekane,  nta kivumburwa gishya muri iyi myaka cyane cyane mu muziki. Usibye ibyateye bimwe utamenya n’iyo byaturutse, umuziki NYARWANDA wo mu myaka ishize ndetse n’uw’ubu ushingiye ku w’igihe gitambutse. Umuseke ubona inkingi eshanu z’abahanga mu buhanzi umuziki wabo watanze umurongo ukigenderwaho na none. Indirimbo nyarwanda uzisanga mu bice nka bitanu; Hari iz’ibyishimo n’urukundo, […]Irambuye

en_USEnglish