-Kuva nko mu kwezi kwa 5, mu Rwanda haravugwa ikibazo cy’amadolari ($) yabuze; -Mu mpera z’ukwezi gushize kwa 7 bwo byari byakabije, idolari ryavuye ku mafaranga y’u Rwanda hafi 730 rigera ku mafaranga asaga 800; -BNR yavuze ko byatewe ahanini n’ibihuha, ndetse no kuba ifaranga ry’u Rwanda rigenda rita agaciro; -Ibihuha byatumye hari abari bafite Amadolari […]Irambuye