Tags : Aimable

Rwanda Cycling Cup: Isiganwa ryiswe ‘KIVU BELT’ rishobora kuba mpuzamahanga

Rwanda Cycling Cup itangira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Gicurasi 2016, mu masiganwa icyenda (9) azaba arigize harimo rimwe rishobora kuba mpuzamahanga. Abasiganwa bazatangira bahaguruka Kigali berekeza i Nyagatare. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Aimable Bayingana uyobora ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY yavuze ko isiganwa ryiswe ‘KIVU BELT’ rizasoza ayandi, […]Irambuye

‘Happy Generation,’ abishimiye Kagame baramusaba kwemera manda ya 3

Ihuriro ry’Urubyiruko n’abandi bose bishimiye ubuyobozi bwa Perezida Paul Kagame,’Happy Generation’ nyuma yo guhurira mu muganda udasanzwe wo gusukura mu gishanga cya Nyabugogo kuri yu wa gatandatu, basabye Perezida Kagame kwemera kuziyamamariza manda ya gatatu nyuma ya 2017. Uyu muganda wahuje urubyiruko n’abandi bantu batandukanye bagera ku 150, harimo abahanzi bo mu itsinda rya ‘Active […]Irambuye

Team Rwanda bakomeje kwitegura Tour du Rwanda muri Brazil

Mu mujyi wa Rio de Janeiro mu gihugu cya Brazil muri Amerika y’epfo hasojwe isiganwa ry’amagare rizenguruka uyu mugi. Ikipe y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare “Team Rwanda”  yitabiriye iri rushanwa ryatangiye ku wa gatatu w’icyumweru gishize, iri rushanwa ryasojwe tariki ya 30 Kanama. Ku cyumweru, wari umunsi wa gatanu ari na wo wanyuma […]Irambuye

en_USEnglish