Tags : African Union

Abiga muri kaminuza barasabwa kwiga bagamije gushaka ibisubizo by’Afurika

Huye- Mu biganiro byahuje abanyeshuri 300 biga mu mashuri makuru na za Kaminuza bibumbiye mu muryango w’urubyiruko ruharanira ineza y’Afurika (Pan African Movement) basabwe kwiga bafite intego imwe yo kuzashaka ibisubizo by’ibibazo byugarije mu duce bazaba batuyemo n’ibyugarije Afurika muri rusange. Muri ibi biganiro byabereye mu ishami rya Kaminuza y’u Rwanda mu karere ka Huye, […]Irambuye

Dr Kaberuka yagizwe umuyobozi w’ikigega cy’Amahoro cya African Union

Dr Nkosazana Dlamini-Zuma umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe yagize Dr. Donald Kaberuka nk’uhagarariye ikigega cy’amahoro cy’Umuryango wa Africa yunze ubumwe. Ni umwanzuro wafashwe mu mpera z’icyumweru gishize ariko ushimangirwa muri iki cyumweru. Uyu mwanya ngo yawuhawe nk’umwe mu bantu b’abahanga mu bukungu ku isi. Mu nama yabaye muri Nzeri 2015 i New […]Irambuye

“Nta we ukwiye kuba Perezida ubuzima bwe bwose” – Obama

Perezida wa America Barack Obama amaze kugeza ijambo imbere y’Inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU), mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yatangiye i Addis Ababa muri Ethiopia, ijambo rye ryibanze ku kwigisha abayobozi ba Africa ko bagomba kubaha ibiteganywa n’amategeko, anavuga kandi ku byo kurwanya iterabwoba ryugarije isi na Africa. Ijambo rya Perezida Obama ryakurikiye irya Nkosozana […]Irambuye

en_USEnglish