Tags : ADEC Associates

Kumenya amategeko: Ntabwo naba ntaguze umunyu ngo ngure Igazeti…

*36% bavuze ko amategeko y’u Rwanda ari nta makemwa, 64% bavuga ko ari mu rugero… *Ku bushake bucye mu kuyamenya, Me Evode ati “Ntabwo naba ntaguze urwagwa ngo nge gusoma igazeti” Hagaragazwa ibyavuye mu bushakashatsi bugaragaza uburyo abaturage babona amategeko akoreshwa mu Rwanda, umuyobozi wungirije wa Komisiyo yo kuvugurura amategeko, Me Evode Uwizeyimana yavuze ko […]Irambuye

en_USEnglish