Tags : Adama

Senegal yamenye ko hari abashaka gukora Coup d’Etat muri Gambia

Muri raporo yatanzwe n’inzego z’iperereza za Senegal yemeza ko hari amakuru afatika ko hari bamwe mu bahoze bashyikigiye Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia bifuza kuzamugarura ku butegetsi binyuze mu guhirika ubutegetse. Ubutasi bwa Senegal bwemeza ko abashaka guhitana Perezida mushya Adama Barrow baherereye muri Mauritania, Guinea Bissau no muri Guinea Conakry. Amakuru ari kunonosorwa n’inzego […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh ngo yisahuye miliyoni 50$ mu kigega cya

Urukiko rukuru rwa Gambia rwameje ko ubwo uwahoze ayobora kiriya gihugu yahungiraga muri Guinée Equatoriale umwaka ushize ngo yagiye asahuye ikigega cya Leta miliyoni 50 $. Uru rukiko rwafashe icyemezo cyo gufataho ingwate imitungo yose yasize muri kiriya gihugu. Yahya Jammeh arashinjwa kuba yarasahuye igihugu akoresheje kuriganya amafaranga ibigo byacuruzaga services z’itumanaho cyane cyane Ikigo […]Irambuye

en_USEnglish