Tags : ABE

Abagiye kwiga muri Japan banenze bagenzi babo bajya hanze ntibagaruke

Abanyeshuri 10 bagiye kwiga mu Buyapani, mu kiciro cya gatatu cya kaminuza mu ikoranabuhanga (ICT ) ku nkunga y’ikigo ABE initiative (Africa Business Education), bavuga ko hari benshi mu rubyiruko babona amahirwe yo kujya kwiga mu mahanga bakagenda ‘muti wa mperezayo’ kandi igihugu cyababyaye kiba gikeneye ubumenyi bagiye kurahura. Aba banyeshuri bazamara imyaka itatu mu […]Irambuye

en_USEnglish