Tags : abayobozi begura bagomba gukurikiranwa

RUSWA NO KUNYEREZA: “Kwegura gusa ku bayobozi ntibihagije,” Ingabire

Mu kugaragaza ibyavuye mu isesengura rya raporo y’Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yo mu mwaka wa 2012-13, kuri uyu wa kane tariki 29 Mutarama 2015, abayobozi Transparency International-Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane basabye ko abayobozi b’uturere tumwe na tumwe badakoresha neza ibya Leta bajya bakurikiranwa nyuma yo kwegura cyangwa kweguzwa. Ahanini byagaragaye ko bamwe mu […]Irambuye

en_USEnglish