Month: <span>July 2013</span>

Abakinnyi ba ruhago bose bagiye gupimwa n’ibitaro bya gisirikare

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rigiye kugirana ubufatanye n’ibitaro by’i Kanombe mu rwego rwo kuvura abakinnyi bose bazagaragara muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mwaka utaha. Ibi ngo bikazabimburirwa no gupimwa kw’abakinnyi bose ngo harebwe uko ubuzima bwabo buhagaze maze umwaka utaha hazatangire no gupimwa kubijyanye n’ibiyobyabwenge nkuko Gasingwa Michel umunyamabanga muri Ferwafa yabitangarije itangazamakuru. […]Irambuye

Gukebwa bifite inkomoko mu mico n’imyemerere y’abayahudi n’abarabu

Gusiramura cyangwa gukebwa kw’abagabo ni ugukura agahu kari ku gitsina cy’umugabo, ku gice cyo hejuru. Ni kimwe mu bisigaye byifashishwa mu nama zitangwa n’impuguke mu kugira isuku ku mubiri w’umugabo no kugabanya ibyago byo kwandura virusi itera Sida. Uku gukebwa kwaba gufite inkomoko mu muco n’imyemerere byo mu burasirazuba bwo hagati.  Ubu buryo bufatwa nk’ubufasha […]Irambuye

Muhanga:Ingo zirenga igihumbi zahawe amashanyarazi

Mu gikorwa cyo gusuzuma imihigo Akarere ka Muhanga kagezeho mu mwaka wa 2012-2013, abayobozi b’Akarere batangaje ko kimwe mubyo bagezeho bishimira ari ukuba ingo zirenga 1000 muri aka karere zaragezweho n’umuriro w’amashanyarazi. Iyi mihigo yari yaje gusuzumwa n’itsinda rya Ministeri y’Ubutegetsi bw’igihugu ni iyo umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Yvonne Mutakwasuku yahize kugeraho mu gihe cy’umwaka. […]Irambuye

Abakinnyi ba ruhago bose bagiye gupimwa n’ibitaro bya gisirikare

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rigiye kugirana ubufatanye n’ibitaro by’i Kanombe mu rwego rwo kuvura abakinnyi bose bazagaragara muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mwaka utaha. Ibi ngo bikazabimburirwa no gupimwa kw’abakinnyi bose ngo harebwe uko ubuzima bwabo buhagaze<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abakinnyi-ba-ruhago-bose-bagiye-gupimwa-nibitaro-bya-gisirikare/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Gukebwa bifite inkomoko mu mico n’imyemerere y’abayahudi n’abarabu

Gusiramura cyangwa gukebwa kw’abagabo ni ugukura agahu kari ku gitsina cy’umugabo, ku gice cyo hejuru. Ni kimwe mu bisigaye byifashishwa mu nama zitangwa n’impuguke mu kugira isuku ku mubiri w’umugabo no kugabanya ibyago byo kwandura virusi itera Sida. Uku<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/gukebwa-bifite-inkomoko-mu-mico-nimyemerere-yabayahudi-nabarabu/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muhanga:Ingo zirenga igihumbi zahawe amashanyarazi

Mu gikorwa cyo gusuzuma imihigo Akarere ka Muhanga kagezeho mu mwaka wa 2012-2013, abayobozi b’Akarere batangaje ko kimwe mubyo bagezeho bishimira ari ukuba ingo zirenga 1000 muri aka karere zaragezweho n’umuriro w’amashanyarazi. Iyi mihigo yari yaje gusuzumwa n’itsinda rya<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhangaingo-zirenga-igihumbi-zahawe-amashanyarazi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

General Technical Service Ltd inzobere mu gutunganya inyubako

Muri iki gihe u Rwanda ruri gutera imbere, ntibisiganwa no kujyana n’inyubako nziza dore ko mu bigaragaza iterambere ari ibikorwa harimo inyubako ndetse n’ibindi bijyana nabyo, ikindi kandi buri wese yifuza kuba cyangwa gukorera ahantu hafite umucyo. General Technical Service ni igisubizo mu bikoresho byerekeranye n’inyubako ndetse n’aho gukorera cyangwa gutura. General Technical Service Ltd […]Irambuye

Umushinga wa ISONGA FC ntabwo wahombye – Muramira

Nubwo ikipe y’Isonga FC yamanutse mu kiciro cya kabiri, Perezida w’iyi kipe Muramira Gregoire we yemeza ko uyu mushinga utahombye  kandi gahunda bari bafite izakomeza. Ikipe y’Isonga FC yashinzwe nyuma y’aho abasore b’u Rwanda bari bagize Amavubi U17 bagiye mu gikombe cy’Isi, nyuma yacyo bashyizwe muri iyi kipe. Ariko baza kugenda barambagizwa n’andi makipe bayivamo, […]Irambuye

Imikino yo mu Rwanda igomba gushingira ku bato – Min

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Ministre ufite imikino mu nshingano ze yavuze ko imikino mu Rwanda ikwiye gushingira ku bakiri bati kuko aribo bafite impano kandi bafite ejo hazaza. Mitali yavuze ko gahunda yo guha imbaraga za ‘Centres de formation’ igiye kurushaho guhabwa imbaraga, izi centres kandi ngo zikaba zikwiye kuba mu mikino yose kuko abana […]Irambuye

General Technical Service Ltd inzobere mu gutunganya inyubako

Muri iki gihe u Rwanda ruri gutera imbere, ntibisiganwa no kujyana n’inyubako nziza dore ko mu bigaragaza iterambere ari ibikorwa harimo inyubako ndetse n’ibindi bijyana nabyo, ikindi kandi buri wese yifuza kuba cyangwa gukorera ahantu hafite umucyo. General Technical<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/general-technical-service-ltd-inzobere-mu-gutunganya-inyubako/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish