Digiqole ad

Umwiherero wa 8 w’abayobozi i Rubavu

Ku nshuro ya munani umwiherero uhuriza hamwe abayobozi b’u Rwanda iratangira i Rubavu kuri uyu wa gatatu. Intego nyamukuru y’uyu mwiherero ikaba ari “ingamba zo kwihutisha intego z’ikinyejana 2020”

Muri uyu mwiherero hakaba hazigirwamo kandi hagafatirwa ingamba zitandukanye mu rwego rwo kugirango u Rwanda ruzabashe kugera ku ntego z’iterambere rwihaye. Si umwanya nkuko benshi baba babikeka wo guhindura guverinoma, gusa hareberwa hamwe bimwe mu bitaragenze neza hagafatwa n’ingamba zo kubikosora.

Twabibutsako uyu mwiherero ari ubwa kabiri ubereye i Rubavu, ukaba uwa mbere ubaye nyuma y’itorwa rya President wa republika Paul Kagame. Ku nshuro ya mbere mu mwaka wa 2003, umwiherero ukaba warahurije abayobozi muri Akagera Game Lodge.

Umuseke.com

4 Comments

  • Turabizi neza ko imvugo ariyo ngiro mukomereza ho muzee!!kandi natwe nubwo tutayijemo ngo tubahe ibitekerezo live ariko tubari inyuma cyane!!!kandi imyanzuro mufata munige kukibazo cya bariya bagabo bigize akaraha kajyahe mumahanga baduteza n’ibibazo bitandukanya!!!

  • bige cyane cyane ku miyoborere myiza no agukosora imiyoborere myiza ! no gutanga servise nziza ku banyarwanda bose no ku nyungu rusange zabanyanyaarwanda

  • uyu mwiherero ni mwiza kuko wagiye ubonekamo ibisubizo byagiye bikemura ibibazo byari byugarije abanyarwanda

  • uwomwiherero ni ingirakamaro kubanyarwanda
    murebe n’umutekano mumuhanda wa gikongoro rwose imodoka iraza abaturage bayireba ariko ntibave mumuhanda.

Comments are closed.

en_USEnglish