Digiqole ad

Umuhanzi Kamichi yamuritse album ye yise UMUGABIRWA – Ihere ijisho uko byari bifashe

Hari hashize igihe kinini abakunzi b’umuhanzi Kamichi bategereje  ishyirwa ahagaragara rya  Album ye yiseUmugabirwa. Kuri uyu wa 2 Ukuboza 2011 muri Main Auditorium ya Kaminuza nkuru y’u Rwanda i Huye, nibwo ibirori bwo gushyira ahagaragara iyi album byabaye. Byitabirwa n’abahanzi benshi kandi bakunzwe mu Rwanda, maze barabyina karahava.

Nguyu Kamichi yahimbawe yizihiye abakunzi be
Nguyu Kamichi yahimbawe yizihiye abakunzi be
Aba ni bamwe mu bahanzi mbere y'igitaramo
Aba ni bamwe mu bahanzi mbere y'igitaramo

Iki gitaramo cyatangiye ahagana saa mbiri z’ijoro kirarangira ahagana saa munani n’igice z’igitondo, abahanzi bitabiriye iki gitaramo bari benshi cyane twavugamo nka Riderman, King James, Tom Close, Urban Boys, Dream Boys, Just Family, Kizz, Danny, Knowless, Tuff Gungs, Maitre Jado, Ally Soudy, Ganzo n’abandi benshi cyane.

Uyu ni Ganzo uzwiho kugira indirimbo zitanga ubutumbwa n'ijwi rinogeye amatwi aha nawe yararirimbaga
Uyu ni Ganzo uzwiho kugira indirimbo zitanga ubutumbwa n'ijwi rinogeye amatwi aha nawe yararirimbaga

Kamichi atangira kuririmba yanjiriye ku ndirimbo yakoranye na Knowless bise Rukuruzi bakaba bayiryoheje cyane abari abo bose barishima dore ko abantu bari bakubise buzuye Main Auditorium, Kamichi n’ababyinnyi be bashimishije abantu ariko ntitwabura kubuga ko abafana batari bashyushye nubwo abahanzi bageragezaga kubashyushya ariko wabonaga bakonje.

 

Aha Kamichi na Knowless baririmbana indirimbo yabo bise Rukuruzi
Aha Kamichi na Knowless baririmbana indirimbo yabo bise Rukuruzi

 

Uyu ni Babou
Uyu ni Babou

 

Uyu ni Maitre JADO yikuye ishati aririmbira abafana
Uyu ni Maitre JADO yikuye ishati aririmbira abafana
Kizz

 

 

Uyu ni Anita Pendo (inshuti magara ya Nizzo) ari kumwe na Knowless (inshuti magara ya Safi) nabo bari babukereye
Uyu ni Anita Pendo (inshuti magara ya Nizzo) ari kumwe na Knowless (inshuti magara ya Safi) nabo bari babukereye
Kamichi n'Umubyeyi we ati: "Mubyeyi ibi byose ni wowe mbikesha"
Kamichi n'Umubyeyi we ati: "Mubyeyi ibi byose ni wowe mbikesha"
Nguwo Kamichi n'ababyinnnyi be basusurukije abantu
Nguwo Kamichi n'ababyinnnyi be basusurukije abantu

 

Uyu ni  Nzoba  umwe mu itsinda ryabyinanaga na Kamichi
Uyu ni Nzoba umwe mu itsinda ryabyinanaga na Kamichi

 

Aba ni Just Family
Aba ni Just Family

 

King James aririmba
King James aririmba

 

Tom Close we aje kuririmba yaturutse mu bafana
Tom Close we aje kuririmba yaturutse mu bafana

 

Tom Close yaboneyeho n'umwanya wo kwereka abafana be igikombe yegukanye muri Primus Guma Guma super star ndetse anabashimira kuba baramutoye ati:"Nanjye ndabakunda"
Tom Close yaboneyeho n'umwanya wo kwereka abafana be igikombe yegukanye muri Primus Guma Guma super star ndetse anabashimira kuba baramutoye ati:"Nanjye ndabakunda"

 

Photo: MUZOGEYE Plaisir – UM– USEKE.COM 

18 Comments

  • badupfunyikiye ikibiribiri.

  • FELICITATION…….WABYINNYE NEZA

  • BYARI BYIZA

  • Knowless yambaye fresh

  • nizereko knowless atongeye kugwa muri audi, nkuko yigeze kugwamo ubwo yaherukaga muri NUR, aje kuririmba yasomye kuri ka manyinya!! icyo gihe yari akiri muto yigaga mu mashuri yisumbuye! Yaguye muri audi inshuro zigera nko kuri 3!! nizere noneho ko yari yaje ari muzima, atongeye kugwamo!

  • Tom close nkumuntu wahize, yabarushije kumenya amavenues yo muri Audi, ntibamenye aho yaturutse, bagiye kubona babona arimo gusohoka mu bafana!!

  • watwemejepe uruwambere

  • Anitha nta kabuno yigirira, wagirango atwara gari ya moshi

  • ni byiza cyane nanjye ejo nzako lunch

  • yeye,watwemeje pe

  • knowless ateye neza

  • ariko ntamakuru ya Babou mperutse,yaba asigaye yiga hehe?nizereko atarivuyemo,umuryango we ujyumuba iruhande kuko aracyari umwana pe,Kamichi nawe yabyinye neza kdi yari yabukereye acanye pe,keet it up

  • bazagaruke unr yurabemera

  • mwaratwemeje kabisa!ariko se ko mutatweretse amatuffs yo nti yari ahari muzisubireho kandi mujye muba neutral.

  • apres les commentaire mbonye mwaremeje nur students

  • byari byiza cyane pe ubutaha zaza

  • Anita rekagusebya umwana ukeye naho wowe uri ikigushu I AM SORRY

  • Knowless ndakwe mera cyane nguhaye kiss

Comments are closed.

en_USEnglish