Tags : Water for Growth

Abazi Nyabarongo muri za 1960 yari urubogobogo, ku bandi ngo

*Abaturage bavukiye Mushishiro bahamya ko Nyabarongo ya kera yasaga neza, *Ukora ubucukuzi bw’amabuye we avuga ko bitashoboka ko Nyabarongo yaba urubogobogo, *Ku bandi barimo Minisitiri Vincent Biruta ngo hari byinshi byakorwa mu guhindura amazi ya Nyabarongo. Umunsi umwe, uwari Mayor wa Muhanga Mutakwasuku Yvonne yabwiye Perezida Kagame Paul ko azasubira mu karere ke Nyabarongo yarabaye […]Irambuye

en_USEnglish